Nasara (I can go mad) by MEDDY
Niyohabura…, Even if there is lef Umunota umwe gusa One minute only, Niyo bose bakwanga, nzaba nkigukunda,.. Even if all despise you, I will still love you Uwakwibagiza ibyahise, ahaa..! If only one can forget the past, ahaa! Erega mama twari tukira abana, Oh dear, we were still kids, Simvaha tutari kumwe.. I won’t leave here without you Nahubundi nasara , Otherwise I’ll go mad, Nahubundi nasara hooo. Otherwise I’ll go mad Ntuzigera umpemukira, You won’t fail me, Nahubundi nasara Otherwise I’ll go mad Nahubundi nasara hooo. Otherwise I’ll go mad
Uwandangira, If one could direct me Aho wanyuze, When you ed Nze ngusange , nanjye… I come to you.. and me Ikintu twacyumva, We can feel one thing Nyamara umutima utacyumvaa But the heart doesn’t feel it Ntacyananiza nko kukureka. The hardest to me would to let you go Mbwira icyo ukunda, Tell me what you like Ngerageze ndebe uko nagushimisha. I try and see if I can make you happy Wikwibaza byinshi, Don’t ponder too much Tera intambwe, Make one step, Humiriza tubyine Buhorooo, Close your eyes and we dance slowly
Kuko numva, bita ..nkundira
Because I don’t think I can Wenda mbisubike, Maybe I can put I of Ntangire bundi bushya. I start from scratch
Ref: Niyohabura…, Umunota umwe gusa Niyo bose bakwanga, nzaba nkigukunda,.. Uwakwibagiza ibyahise, Erega mama twari tukira abana Simvaha tutari kumwe.. Nahubundi nasara Nahubundi nasara hooo Ntuzigera umpemukira Nahubundi nasara Nahubundi nasara hooo
Ntaho nagera nkusize, I can’t reach anywhere leaving you behind Aho wajya hose, Wherever you go Nzagukurikira mu mwijima.
I will follow you in the darkness Come come, I don’t wanna leave, Please run run. Hari aho ngera nkumva, There comes a time I fee Ntayindi ntambwe nsigaranye imbere There’s not one step left for me Nsigaye nigengesera, These days I am being cautious Nkababaza umutima, And I heart my heart Nkatinya kuzagutenguha I fear failing you Hari ibyishi,nifuza ko wamenya, There are a lot of things I want you to know Humuriza tubyine buhorooo, Close your eyes and we dance slowly Kuko numva, bita ..nkundira Because I feel I can’t Wenda mbisubike, Maybe I put it of Ntangire bundi bushya. I strart from scratch
Ref:
Niyohabura…, Umunota umwe gusa Niyo bose bakwanga, nzaba nkigukunda,.. Uwakwibagiza ibyahise, Erega mama twari tukira abana Simvaha tutari kumwe.. Nahubundi nasara Nahubundi nasara hooo Ntuzigera umpemukira Nahubundi nasara Nahubundi nasara hoo